UMUPIRA : Alain-André Landeut Umutoza Mushya wa Kiyovu Sports
Kuruyu wa kane tariki 28 Nyakanga 2022, umutoza mushya wa Rayon Sports, Alain-André Landeut, yageze mu Rwanda guhera uyu mwaka w’imikino wa 2022-2023
author Yanditswe na Manzi
    On dimanche 31 juillet 2022
50 Nibo barebye iyinkuru

Landeut, afite ubushobozi bwo gutoza umupira kuko abifitiye License A itangwa n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’i Burayi, iyi mpamyabushobozi iri ku rwego rwa UEFA. Yagiranye amasezerano na Rayon Sports yo kuyitoza igihe cy’imyaka itatu.

Mu gihembwe cy’umupira gishize, Kiyovu Sport yarangije iri m’umwanya wa kabiri, ifite inota rimwe inyuma ya APR FC. Alain-André Landeut agomba guhatana cyane kugirango asohoze ubutumwa bwe. Kandi ntazagira APR FC gusa nkiyo basiganira umwanya, kuko hari nizindi nka AS Kigali na Police FC zitoroshe gutsinda kuko nazo zisigaye zikomeye.


Uyu wahoze ari umutoza wa DCMP (DRC) asimbuye Francis Christian Haringingo wasinyanye na Rayon Sport. Umwanya we wabanje gutwarwa na Patrick Aussems, ariko uwanyuma yahisemo gukinira ni AFC Leopard yo muri Kenya.

Ikinyamakuru

Iyandikishe ujye ubasha kubona amakuru

Amakuru atandukanye

Inkuru ziheruka

Kwamamaza

RwandaPodium © All Rights Reserved. Powered by nozatech.com