Gatwa azatangira gukina muri uwo mwanya mu 2023.
Russell T Davies, uyobora icyo kiganiro, yavuze ati : « Rimwe na rimwe impano itambuka mu muryango kandi ikagaragara cyane ishize amanga ndetse ari nziza cyane, kuburyo mpagarara gusa nitaje natwawe ngashimira abakinnyi banjye bagize amahirwe ».
Ncuti Gatwa muri Sex Education
Insiguro y’isanamu,
Gatwa ari mu bahatanira igihembo cya Bafta kuri iki cyumweru kubera gukina nka Eric mu ruhererekane rwa filime Sex Education
Davies, wanditse amakinamico Queer As Folk na It’s A Sin, agarutse kuyobora iki kiganiro nyuma yuko yari yakivuyemo mu mwaka wa 2009.
Iyandikishe ujye ubasha kubona amakuru
RwandaPodium © All Rights Reserved. Powered by nozatech.com