Afungura inama ku mugaragaro, Umuyobozi Mukuru Wungirije wa RPF-Inkotanyi Christophe Bazivamo, yagaragaje ko urubyiruko rufite uruhare rukomeye mu iterambere, asaba abitabiriye guhanga udushya kugira ngo bageze Igihugu cyabo kuri byinshi byiza kandi by’ingenzi.
Yagize ati : « Turabizi ko mufite imbaraga , ubwenge n’ubushake byo kubaka Igihugu kandi mukitanga igihe bibaye ngombwa. Icyo ni cyo cyerekezo dushaka ko mugumamo.
« Tubitezeho kuba intangarugero ndetse mugashyira mu bikorwa ibyo mwiyemeza gukora byose muri iyi nama. »
Iyandikishe ujye ubasha kubona amakuru
RwandaPodium © All Rights Reserved. Powered by nozatech.com